Yataye umugabo we n'abana icyenda yisangira uwo bahuriye kuri Facebook (Amafoto)

Umugore w'imyaka 44 w'Umwongereza witwa Heidi Hepworth yiyemeje gusiga umugabo we n'abana be 9 asanga umugabo w'umunya Gambia witwa Salieu Jallow nyuma y'amezi make bari bamaze baganira kuri Facebook. Uyu mugore urusha uyu mugabo we mushya imyaka 12 yatunguye benshi ubwo yavugaga ko ntacyo yicuza gusiga umugabo we bari bamaranye imyaka 23 ndetse bafitanye abana 9,akisangira umunya Gambia ndetse yemeza ko yifuza kumarana nawe imyaka asigaje kuri iyi si.
Aya makuru yamenyekanye bitewe (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2i8M3PM
via IFTTT

No comments:

Post a Comment