‘Gusebanya' cyakuwe mu mushinga w' itegeko rigena ibyaha n'ibihano muri Rusange...ntabwo bivuze ko kitazahanwa

Perezida wa Komisiyo ya politiki n'uburinganire bw'abagabo n'abagore mu iterambere ry'igihugu Depite Kayiranga Alfred Rwasa ubwo hari hatangiye gutorwa iri tegeko mu Nteko rusange, Umutwe w'Abadepite.
Hon Rwasa yagize ati “Icyaha cyo gusebanya cyakuwe mu gitabo cy' amategeko ahana muri rusange, ariko ntabwo bivuze ko kitazahanwa. Kizahanwa n' amategeko yandi arimo n' ay' itangazamakuru”
Mu minsi ishize inzego zitandukanye z'itangazamakuru zari zagaragaje ko icyaha cyo gusebanya kidakwiye kujya mu (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2pJFwBL
via IFTTT

No comments:

Post a Comment