Perezida mushya wa Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yahaye amezi atatu abanyereje imitungo y' iki gihugu ngo babe bamaze kuyigarura.
Mnangagwa yabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, aho yavuze ko abazagarura iyo mitungo mu mezi atatu batazakurikiranwa mu nkiko nk' uko bizagendera abazinangira.
Yagize ati “Guverinoma ya Zimbabwe itangaje amezi atatu ngo abanyereje imitungo bayigarure. Nta bibazo bazabazwa nta n' ibyaha bazashinjwa”
Ayo mezi atatu azabarwa kuva tariki 1 Ukuboza (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2Aj3KEx
via IFTTT
No comments:
Post a Comment