Kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2017, Urukiko rw'ibanze rwa Bwishyura rwakatiye Rwema John Peterumuyobozi w' impuzamashyiramwe y' ibigo by' imari iciriritse mu Rwanda AMIR, igifungo cy' iminsi 30 y' agateganyo.
Rwema akurikiranyweho gusambanya ku gahato umukobwa bivugwa ko bahuriye icumbi ry' abashyitsi mu karere ka Karong.
Ibyo yavuze yiregura Urukiko rwabitesheje agaciro ruvuga ko aba afunzwe iminsi 30, akaba afite iminsi itanu yo kujurira.
Umucamanza wasmye umwanzuro ku ifungwa n' ifungurwa ry' (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2iqywTp
via IFTTT
No comments:
Post a Comment