Mu gihe habura iminsi 10 kugira ngo Tour du Rwanda itangire,Umuryango ukomeje kuganira n'abakinnyi batandukanye bazahagarira u Rwanda muri iri rushanwa aho kuri uyu munsi Ephrem Tuyishimire yatangaje ko yifuza gutwara agace muri iyi Tour cyangwa gutwara igihembo kimwe mu bizahatanirwa muri Tour du Rwanda.
- Imikinofrom Umuryango.rw http://ift.tt/2htJ9W2
via IFTTT
No comments:
Post a Comment