Perezida Kagame yitabiriye irahira rya perezida Kenyatta

Kuri uyu wa Kabiri kuya 28 ugushyingo 2017, nibwo Kenyatta azarahirira kuyobora igihugu cya Kenya ku yindi mpanda.iki gikorwa kikaba kizitabirwa n'abakuru b'ibihugu 11 harimo na perezida w'u Rwanda paul kagame.iki gikorwa k'irahira kikaba kizabera mu murwa mukuru I Nairobi.
Mu bakuru b'ibihugu bategerejwe i Nairobi muri iki gikorwa harimo Perezida Paul Kagame w'u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, Ian Khama wa Botswana, John Pombe Magufuli wa Tanzania, Edgar Lungu wa Zambia, Ismaïl Omar Guelleh (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2i78Vmt
via IFTTT

No comments:

Post a Comment