Padiri Jean François Uwimana , umuhanzi mu ndirimbo z'Imana muri Kiliziya Gaturika wahisemo kwifashisha injyana ya Hip Hop, avuga ko mu gihe amaze akora muzika akomeje guhura n'ibizazane.
Avuga ko kuba akora umurimo w'Imana(Padiri) ari ingabo imukingira ibibi ngo kenshi usanga hari na bamwe mu bakobwa bamusaba urukundo nk'uko yabwiye KTRadio mu kiganiro bagiranye.
Agira ati “Nk'umupadiri mpura n'abantu benshi, tugira inama abantu b'ingeri zose, muri ubu buryo abantu baba banzi rero, usanga hari (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2A11JLJ
via IFTTT
No comments:
Post a Comment