Mu mikwabu yakoreye mu bavunja amafaranga mu buryo butemewe mu turere twa Rusizi na Rubavu mu mpera z'icyumweru gishize, mu bihe bitandukanye, Polisi yafashe amafaranga afite agaciro karengaho miliyoni 72 y'amanyarwanda ndetse inafatira abantu batanu muri ibyo bikorwa; babiri mu karere ka Rubavu na bataru muri Rusizi.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburengerazuba , IP Eulade Gakwaya avuga ko amafaranga yafashwe ari mu bwoko umunani bw'amafaranga, akaba ari kimwe mu bikorwa bikomeza ngo (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2BtHYho
via IFTTT
No comments:
Post a Comment