Ibihugu 44 bitegerejwe I Kigali mu nama ya 11 yiga ku burenganzira bwa muntu

Abantu bagera kuri 200 baturutse mu bihugu 44 by' Afurika bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku burenganzira bwa muntu iba rimwe muri buri myaka ibiri.
Iyi nama igiye kuba ku nshuro ya 11 izahurirana no kwizihiza isakubukuru w' imyaka 10 ihuriro ry' imiryango nyafurika iharanira uburenganzirwa bwa muntu NANHRI rishinzwe.
Nk' uko UMURYANGO ubikesha urubuga rwa NANHRI iyi nama y' iminsi itatu izafungurwa ku mugaragaro na Perezida w' u Rwanda Paul Kagame tariki 8 Ugushyingo 2017.
Iyi nama izaba (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lEyJHm
via IFTTT

No comments:

Post a Comment