
Hari nyuma gato y’uko u Rwanda rwari ruvuye mu kwizihiza umuganura wabereye ku Nyundo hafi ya Bunyogombe. Icyicaro cy’ibwami bwa Mibambwe IV Rutarindwa kimukiye ahitwaga Giseke(ubu ni mu Ntara y’Amajyepfo ahahoze Komini Rusatira). Rutarindwa amaze kwimurira ubwami bwe muri kariya gace haje umugaragu w’umutware witwaga Rwabirinda wayoboraga Kinyaga abwira ab’ibwami ko hari abazungu bateye u […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2z2ZWt1
No comments:
Post a Comment