MINAGRI ihangayikishijwe n’ubutaka bwo guhingaho bukomeje kubakwaho inzu

Umudugudu bubakiwe basabwe kuwugirira isuku, kwicungira umutekano, kuhatera ibiti no kwagura ubuso bahingaho kugira ngo bivane mu bukene*Muri Kicukiro 70,5% by’ubutaka bwari ubwo guhingwaho byubatsweho *Mu Bugesera hari kubaka cyane 11% y’ubutaka bwo guhingaho imaze kugenda Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yagaragaje ko ihangayikishijwe n’ubutaka bugenewe ubuhinzi bukomeje kubakwa inzu, isaba ko iki kibazo gishakirwa umuti mu maguru mashya. Mu mpera z’icyumweru gishize, inzego zitandukanye zishinzwe imyubakire, ubutaka na Minisiteri y’Ubuhinzi zakoze umwiherero […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z1IKDK

No comments:

Post a Comment