Umutoza wa Manchester United,Jose MOurinho uri umwe mu bahabwa amahirwe yo guterura igikombe cya shampiyona ya Premier League,nyuma y’umukino wahuje ikipe ye na Tottenham,umukino urangiye yagaragaye acecekesha abafana ba Man Utd nyuma yo kumukomerera hagati mu mukino ubwo yinjizaga mu kibuga Anthony Martial wamuhesheje itsinzi.
Mu kiganiro n’abanyamkuru yabanje kubwira abanyamakuru ko abantu bavuga cyane,ko bagakwiye kujya baruhuka (relax) bakarindira gato mbere yo kuvuga.Nyuma Jose Mourinho yaje kwongeraho ko abafana bafite uburenganzira bwose bwo kumukomera ko baba bishyuye amatike ko bakomera umukinnyi bashaka n’umutoza wabo kuko baba bagomba gukora ibyo bashaka kubera baba bishyuye.
from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2z1n4HS
via IFTTT
No comments:
Post a Comment