‘Imiyoborere myiza ni ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye' Mureshyankwano

Guverineri w' intara y' amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari yasuye abaturage b' akagari ka Shyanda mu murenge wa Save wo mu karere ka Gisagara, tariki 26 Nzeli Mureshyakwano yabashimiye uburyo bitabiriye itora rya Perezida anababwira icyo Perezida Kagame asaba abo bafatanyije kuyobora igihugu.
Nk' uko bigaragara ku rubuga rw' akarere ka Gisagara icyo gihe (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xKFeLl
via IFTTT

No comments:

Post a Comment