Hari abanyarwanda benshi bifuza ko Perezida Kagame yabayobora ubuzima bwe bwose – Mushikiwabo

Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane w'u Rwanda Louise Mushikiwabo muri iki kiganiro.Mu kiganiro na Televiziyo ya ‘TV5Monde’, Radiyo mpuzamahanga y’Abafaransa ‘RFI’ n’ikinyamakuru ‘Le Monde’ Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yavuze ko hari abanyarwanda benshi bifuza ko yabayobora ubuzima bwe bwose, yanagarutse kubya Diane Rwigara, Umubano w’u Rwanda n’Ubufaransa,…. Ikiganiro cyari kiyobowe n’umunyamakuru wa TV5Monde Françoise July cyagarutse ku ngingo nyinshi zireba Politike y’u Rwanda. Abajijwe niba […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2xx2cEH

No comments:

Post a Comment