
Papa Chanisse yavuze byose ntacyo ankinze, burya iyo umuntu akubwiye byose aba agira ngo akwibutse aho wavuye naho uri kujya, kuri iyo saha niryo segonda ntacyo nahise nitsa umutima maze ndamubwira. Njyewe – “Papa Chani! Rwose byose ndabyibuka ndetse nta na kimwe nshobora kuzibagirwa, burya umuntu nyamuntu ntabwo yibagirwa aho yanyuze, ntabwo azinga amateka ngo […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2ywDAvM
No comments:
Post a Comment