Ku munsi w'ejo taliki ya 26 Kanama nibwo amenshi mu makipe yari ahagarariye u Rwanda mu mikino ihuza ibigo by'amashuli byo muri aka karere izwi nka FEASSA yagombaga gukina imikino ya nyuma, aho amenshi yabashije kwitwara neza agatwara ibikombe.
Ikipe ya Basketball ya APE Rugunga ni yo yabimburiye andi makipe yo mu Rwanda kugera ku mukino wa yahuyemo naBUDDO yo muri Uganda, iyitsinda ku manota 71-70.
Mu makipe yo mu Rwanda yabashije kugera ku mukino wa nyuma ikipe ya Rusumo High School niyo (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2w8uSFW
via IFTTT
No comments:
Post a Comment