Abasirikare 40 ba Centrafrique basanganywe SIDA babura amahirwe yo kwitoreza mu Rwanda

Leta y'u Rwanda yangiye abazirikare 40 bo mu gisirikare cya Cetrafrique gukorera imyitozo mu Rwanda kubera gusanganwa SIDA nyuma yo gupimwa n'abaganga bo mu Rwanda.

Aba basirikare bari bazanye n'abandi bagenzi babo ari 200 baje gukorera imyitozo mu Rwanda mu rwego rwo kuzamura ingufu z' igisirakare cy'iki gihugu (Forces Armées Centrafricaines, FACA)

Gusa byarangiye 40 muri aba 200 basanganwe icyorezo cya SIDA bituma basubizwa iwabo igitaraganya bangirwa gukora imyitozo. Ikinyamakuru Jeune Afrique kivuga ko aba basirikare basubiranyeyo na Perezida wayo Faustin-Archange Touadera wari waje mu Rwanda mu irahira rya Perezida Kagame.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2wl2kHQ
via IFTTT

No comments:

Post a Comment