Zimbabwe: Grace Mugabe yasabye hatoranywa uzasimbura umugabo we

Umugore wa Perezida wa Zimbabwe Madamu Grace Mugabe yasabye ko hatoranywa uzasimbura ku butegetsi Perezida Robert Gabriel Mugabe w' imyaka 93 uri mu bakuru b' ibihugu bashaje cyane ku Isi.
Ibi Grace Mugabe yabisabye abagore bo mu ishyaka riri ku butegetsi muri Zimbabwe ariryo ZANU PF.
Uyu mugore yavuze ko nibatoranya uwo bashaka ko azasimbura Robert Mugabe nta kibazo bizateza ahubwo Perezida Mugabe azabishyiraho akadomo.
Yagize ati “Perezida ntabwoba afite, mutubwire uwo mwahisemo. Ni iyi (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2uLoQZl
via IFTTT

No comments:

Post a Comment