Alex Tinka wari umusirikare mu gihugu cya Uganda, yapfuye urupfu rutarasobanuka kugeza ubu. Uyu mugabo yituye muri sauna ubwo yari yagiye koga ahitwa Mutungo mu mujyi wa Kampala.
Alex yari afite ipeti rya Majoro [Major] akaba yakoraga muri Military police .Yaje mu mujyi wa Kampala aturutse muri Canopy Sauna, kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017.
Abamubonye bavuga ko yagaragaza ingufu ndetse ngo yabanje kuvugisha abantu bari aho ariko batunguwe n'uko yinjiye muri Sauna ahita yitura (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2vHGVrr
via IFTTT
No comments:
Post a Comment