Ku wa kabiri taliki ya 11 Nyakanga nibwo abasore 2 b'abanyarwanda Rusheshangoga Michel na Usengimana Danny baherutse kugurwa n'ikipe ya Singida FC batangiye imyitozo muri iyi kipe berekejemo ndetse bitezweho byinshi na benshi mu bafana b'iyi kipe.
Mu kiganiro baherutse kugirana n'ikinyamakuru The New Times dukesha iyi nkuru bagitangarije imigambi ikomeye bajyanye muri Tanzania.
Danny Usengimana wakiniraga Police FC werekeje muri iyi kipe nyuma yo kumara imyaka 2 ayobora abatsinze ibitego (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2ta6nIz
via IFTTT
No comments:
Post a Comment