Kapiteni w'ikipe ya Real Madrid Sergio Ramos nyuma yo gutsindwa mu mukino ikipe ye yahuraga na Barcelona kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Nyakanga ibitego 3-2, yatangaje icyo yifuza kuri Neymar aho yavuze ko byaba ari ibyishimo kuri we uyu musore yerekeje mu ikipe ya PSG aho yemeje ko hari icyo byakorohereza Real Madrid ku guhangana kwayo na Barcelona.
Uyu musore utajya aripfana yavuze ko kugenda kwa Neymar bwaba ari ubukwe kuri we cyane ko ari umwe mu bakinnyi bamuzonga iyo Real Madrid (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2tOuEQE
via IFTTT
No comments:
Post a Comment