Ku itariki ya 28 Nyakanga, mu murenge wa Kitabi haburanishijwe mu ruhame (imbere y'abaturage) uwitwa Ntakirutimana Emmanuel waregwaga icyaha cyo gucuruza no gukwirakwiza ibiyobyabwenge by'urumogi, udupfunyika 220 yari yarafatanywe mu minsi yashize. Iri buranisha ryari ryari riyobowe n'abacamanza b'urukiko rw'ibanze rwa Gasaka. Uru rubanza rwari rwitabiriwe n'abaturage bagera kuri 300. Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Ntara y'Amajyepfo Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko kuba uru (...)
- Mu Rwanda / Umuryango_Amakuru_Mashyafrom Umuryango.rw http://ift.tt/2uJbleu
via IFTTT
No comments:
Post a Comment