Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta bushobozi rufite mu kurwana intambara y'amagambo, ngo abakomeza kuvuga n'ugutegereza tukazareba ko hari inyungu bakuramo.
Yabitangarije mu kigo cya gisirikare cya Gabiro mu karere ka kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Nyakanga ubwo yasozaga Itorero ry'Indangamirwa ryabaga ku nshuro yaryo ya 10.
Iri torero ryatangiye ku wa 12 Kamena 2017, ryitabirwa n'urubyiruko rugera kuri 523 rurimo abasore 375 n'abakobwa 148, bose bakaba barisoje bakiri hamwe.
Umukuru (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2unf5Ds
via IFTTT
No comments:
Post a Comment