Icyo Junior wamamaye mu gusobanura filime yakundiye umukobwa aherutse kurongora

Bugingo Bony[wamamaye nka Junior mu gusobanura filime] avuga ko amaranye imyaka irenga itatu akundana n'umukunzi we Muhoza Angel, ngo mu gihe cyose yamubereye nk'umuntu baziranye kuva cyera.
Bugingo ukunda kwiyita Junior The Premier ari na we washinze ikompanyi ya African Movie Market yasabye anatanga inkwano mu muryango wa Muhoza Angel mu birori byabereye iwabo mu Murenge wa Gitega mu Mujyi wa Kigali kuwa Gatandatu tariki ya 22 Nyakanga 2017.
Mu kiganiro na KT Radio, Junior usanzwe ari (...)

- Imyidagaduro /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2tNkWhj
via IFTTT

No comments:

Post a Comment